Iwacu Rda TV

Iwacu Rda TV

Share

Menya ubuhamya butandukanye ndetse ninkuru byagufasha gykomeza gusobanukirwa ubu*ima bwa buri munsi

12/03/2026

UWO NAGENEWE
​Episode 1:
​Umujyi wa Kigali wari ucyeye cyane, ariko kuri Sandra, uwo munsi wari wuzuye akavuyo. Sandra, umunyamideli umaze kubaka izina mu Rwanda, yari atwaye imodoka ye ya Toyota RAV4 yihuta cyane agana mu mujyi rwagati. Amaso ye yari yari mu ndorerwamo yireba niba ibirungo (makeup) bye bimeze neza, mu gihe ku rundi ruhande yari ari gutonganya abakozi be kuri telefone.
​"Niba designer atazanye ya myenda saa kumi, ntabwo naza mu ifatwa ry'amashusho!" Sandra yavugaga ashishimuye, ntiyabona ko imodoka yari imbere ye ihagaze bitunguranye.
​BUM!
​Sandra yashigutse, imodoka ye igonga inyuma y'indi modoka ishaje yari imbere. Umutima we watangiye gutera cyane, ntiyashidikanya guhita asohoka mu modoka afite umujinya w’umuranduranzu*i. Imbere ye harimo umusore wari wambaye itaburiye y'ubukanishi (overalls) yuzuye amavuta, wasohokaga mu modoka ye atuje cyane.
​"Ese wa musore we, u*i gutwara imodoka cyangwa waguze uruhushya?" Sandra yamukankamiye amushinja ubugoryi, ashingira urutoke ku modoka ye yari yibwiraga ko yangiritse cyane.
​Uwo musore, witwa Kevin, ntabwo yasubizanyije umujinya. Yaritonze, apfukama imbere y’imodoka ya Sandra, afata agatambaro gasukuye mu mufuka, maze ahanagura aho Sandra yabonaga nko gushishuka. "Mwaramutse Madamu," Kevin avugana ijwi rituje. "Ihangane, ariko reba, iyi ni irangi ry'iyanjye ryamuye ku yawe. Imodoka yawe nta kintu na kimwe yabaye."
​Sandra yashatse gukomeza kumutonganya, ariko arebye mu maso ya Kevin, abona ituze n'ubwenge bitandukanye n'abandi basore b'abakire yari amenyereye. Kevin yasezeye Sandra amubwira ko akorera mu Gatsata, maze aratwara arigendera.
​Sandra yasigaye aho mu muhanda, atangaye. Mu gihe yinjiraga mu modoka ye ngo akomeze urugendo, ntiyabona ko ikarita ye y'akazi (ID Card) yari yanyereye mu modoka ya Kevin mu gihe bagonganaga.
​Niryo joro, mu nzu ye nziza i Gacuriro, Sandra yari aryamye ariko asinziriye bitari byo. Mu mutwe we hagarukaga isura ya wa musore w’umukanishi. Kuki atigeze amutinya?

Become A Billionaire: Top 10 Become To Help You Build Wealth||Book #10 16/07/2025

http://benix.space/l/1f31baeb

Become A Billionaire: Top 10 Become To Help You Build Wealth||Book #10 A READER TODAY, A LEADING TYCOON TOMORROWEvery Read Financial . If you don't read books, you are poor indeed. Poverty starts by not readin...

06/06/2024

ahubwo agahimbazwa n’amategeko y’Uhoraho, akayazirikana umunsi n’ijoro!

Want your establishment to be the top-listed Arts & Entertainment in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Telephone

Address


Kigali