Ijisho Rya Ruhago
This is a very informative page about Rwanda soccer activities.
Barca ntago iroherereza Messi amasezerano. Benshi bakomeje kwibaza ikibura, ndetse n’uko biza kugenda nyuma y’isoza rya masezerano bafitanye.
https://www.panoramafootball.com/ijisho-rya-ruhago-1/barcelona-ibya-messi-bikomeje-kuba-urujijo.
Barcelona: ibya Messi bikomeje kuba urujijo — Panorama Football Barca ntago iroherereza Messi amasezerano. Benshi bakomeje kwibaza ikibura, ndetse n’uko biza kugenda nyuma y’isoza ryayo masezerano.
09/06/2021
M’Ubwongereza ibihano bikomeje kwisukiranya ku makipe 6 yashatse gukorera m’ubwiru irushanwa rya Super League.
European Super League: M’Ubwongereza 6 yahanwe na Premier League — Panorama Football Arsenal, Chelsea, Liverpool, Manchester United, Manchester City na Tottenham zamaze kwemera gutanga amande n’ibindi bihano ku isubiracyaha.
04/06/2021
N’golo Kanté niwe uyobora umukino muri kiriya gice k’iburyo cya Chelsea haba mu busatirizi cyangwa m’ubwugarizi.
Ni iki mu by’ukuri kimugira umukinnyi udasanzwe ukinira hagati?
Kanda hasi usome inkuru irambuye.
Chelsea: Kanté nk’ubugi butyaye mu ruhande rw’iburyo — Panorama Football Dusesengure Kanté wagiza uruhare rugaragara mu guhirika Real Madrid no gutwara igikombe Manchester City, nk’umukinnyi w’imena.
Iminsi ibiri gusa kugirango shampiyona ya Espanye isoze. Barca n’amanota 76 ntirakurayo amaso kabone n’ubwo igikombe cya shampiyona cyanga kikayisiga. Mu minsi mike ishize yagikozagaho imitwe y’intoki, ariko itsikirira k’umukino uheruka wa Grenada. Atletico (Los Colchoneros) ku manota 80 yo irimo irakirukankana mu ntoki zayo igana k’umusozo wa shampiyona, mu gihe Real n’amanota 78 yo irarekereje ngo iyigicapure. (Kand hasi wisomere inkuru irambuye)
LaLiga: Undi mugoroba ufite icyo uhatse hagati ya Real na Athletico — Panorama Football Atletico irimo irakirukankana mu ntoki zayo igana k’umusozo wa shampiyona, mu gihe Real irarekereje ngo iyigicapure.
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Address
Kigali