Bomba250

Bomba250

Share

Rwandan Street Back Rooms.

05/10/2021

Nyuma yuko inyandiko ziswe Pandora Papers zihishuye ko Perezida Uhuru Kenyatta n’umuryango we bafite imitungo y’ibinga mu bihugu by’amahanga, ujyu muperezida uri hanze y’igihugu yatangaje ko izi nyandiko zizafasha mu kugaragaza ukuri ku mitungo yose y’umuryango wabo kimwe n’abandi bantu batandukanye ku isi.Yavuze ko azagaragaza ukuri kose nagaruka mu gihugu kuko yizeye ko nta mitungo y’Igihugu basahuye.

Want your business to be the top-listed Media Company in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Website

Address


Nyamirambo
Kigali