Mideli Rwanda

Mideli Rwanda

Share

๐Ÿ”˜๐‘๐ฐ๐š๐ง๐๐š๐ง ๐ฌ๐จ๐œ๐ข๐š๐ฅ ๐ฆ๐ž๐๐ข๐š ๐’‘๐’†๐’“๐’”๐’๐’๐’‚๐’๐’Š๐’•๐’š and ๐„๐ง๐ญ๐ž๐ซ๐ญ๐š๐ข๐ง๐ฆ๐ž๐ง๐ญ ๐‘ฑ๐’๐’–๐’“๐’๐’‚๐’๐’Š๐’”๐’•๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐ŸŽˆ
๐Ÿ”˜The Best ๐‘น๐’˜๐’‚๐’๐’…๐’‚๐’ Promoter ๐Ÿ๐ŸŽ๐Ÿ๐Ÿ”๐Ÿ—ž๏ธ๐Ÿคฉ
๐Ÿ“ฒDM ๐ŸŽ๐Ÿ•๐Ÿ–๐Ÿ”๐Ÿ๐Ÿ“๐Ÿ–๐Ÿ’๐Ÿ’๐Ÿ• ๐Ÿ๐จ๐ซ ๐๐ฎ๐ฌ๐ข๐ง๐ž๐ฌ๐ฌ๐Ÿ“ฉ

15/04/2026

๐Ÿšจ ๐‘๐„๐•๐„๐€๐‹๐„๐ƒ! Diamond Platnumz uri mu bahanzi bakomeye muri Afurika byโ€™umwihariko mu yโ€™Iburasirazuba, yateguje igitaramo kizabera i Kigali ku wa 29 Kanama 2026.

Iki gitaramo kiri mu byo uyu muhanzi agiye gukorera mu bihugu binyuranye yise โ€˜Retro Tourโ€™. Azahera i Mwanza muri Tanzania ku wa 25 Mata 2026, akomereze muri Dodoma na Mbeya.

Ibi bitaramo azabikomereza muri Uganda ku wa 5 Kamena 2026, akomereze muri Maroc, asubire muri Tanzania mu bice bya Arusha na Tarime mbere yโ€™uko agera mu Rwanda ku wa 29 Kanama 2026.

Nyuma yo kuva mu Rwanda, Diamond azakomereza ibitaramo bye muri Zambia mbere yo guca i Dar es Salaam agakomereza muri Australia.

Uretse kuba ari umwe mu bahanzi bakomeye, Diamond, anashimwa nโ€™abahanzi bo mu Rwanda barimo Mico The Best, The Ben na Bruce Melodie bose bakoranye indirimbo.

Diamond ni umwe mu bahanzi bakunze gutumirwa i Kigali abakunzi bโ€™umuziki bakamwakirana urugwiro kuva mu 2015 ubwo yahataramiraga bwa mbere.

Diamond yaherukaga gutaramira i Kigali mu 2023 aho yataramiye abari bitabiriye igitaramo cya โ€˜Trace Awardsโ€™ nโ€™icya โ€˜Giants of Africaโ€™ cyabaye muri uwo mwaka.

ยฉMideliRwanda

14/04/2026

#๐Š๐–๐ˆ๐๐”๐Š๐€๐Ÿ‘๐Ÿ๐Ÿ‡ท๐Ÿ‡ผ๐Ÿ•ฏ๏ธ Abahanzi bazazenguruka igihugu mubitaramo bya MTN Iwacu na Muzika festival byโ€™uyu mwaka, basoje kunamira abazize Genocide yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 baruhukiye mu Rwibutso rwโ€™abazize jenocide yakorewe abatutsi rwa Nyanza ya Kicukiro.

Abahanzi bazaririmba muri ibi bitaramo byโ€™uyu mwaka ni Kevin Kade, Davis D, Kenny Sol, Bushali, Marina Deborah, Rosskana ndetse na Chriss Eazy.

Ibi bitaramo bizatangira ku wa 20 Kamena 2026 bikarangira ku wa 1 Kanama 2026, bizaca mu Mijyi nka Huye, Ngoma, Nyagatare, Karongi, Muhanga, Musanze na Rubavu.

ยฉMideliRwanda

Want your business to be the top-listed Photography Service in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Address


Kigali